in

Ibi byo turabyita iki? Ikipe ya Manchester United imbere y’abakunzi bayo igaragujwe agati n’ikipe ya Bournemouth 

Ibi byo turabyita iki? Ikipe ya Manchester United imbere y’abakunzi bayo igaragujwe agati n’ikipe ya Bournemouth.

Ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’u Bwongereza ikomeje kuba iciro ry’imigani i Burayi dore ko mukanya yongeye gusebera imbere y’abakunzi bayo mu mukino wa shampiyona wayihuzaga n’ikipe ya Bournemouth aho itsinzwe ibitego 3-0 bitumye abakunzi bayo barara batishimye.

Abakinnyi batsindiye ikipe ya Bournemouth ni Solanke ku munota wa 5, Billing ku munota wa 68 na Senesi ku munota wa 73 w’umukino.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi w’umunya-Rwanda uri mu bihe bye byiza, yazanye indirimbo nshya iri kubyinwa n’urubyiruko muri iyi minsi y’impera z’umwaka

Mu burakari bwinshi, KNC yavuze amagambo aremereye harimo n’ibitutsi nyuma y’uko ikipe ye ya Gasogi United inyabitswe ibitego 4