in

Ibi byo biteye ubwoba cyane! Umunyeshuri w’imyaka 14 yateye mwalimu we icyuma mujisho ntiyanyurwa asingira n’abandi banyeshuri bigana abakorera ibyamfurambi

Umwarimu yatewe icyuma mu jisho n’umunyeshuri yigishaga,ntiyarekera aho anagitera abandi banyeshuri babiri bo ku ishuri ryo muri Esipanye..

Bivugwa ko uyu mwana w’imyaka 14 yakuye icyuma kinini mu gikapu cye maze atangira “gutera icyuma abantu bose bari hafi ye” ubwo amasomo yatangiraga.

Iyi ngimbi yahise igerageza gufata bugwate abo bigana kuko abandi barimu Inzego zishinzwe ubutabazi zihutiye kujya aho abakomeretse bari mu gihe ababyeyi benshi bategereje amakuru bari hanze y’irembo.

Igitero cyabereye mu kigo cya Elena García Armada mu majyepfo ya Esipanye, mu mujyi wa Jerez.bashakagaga kumufata.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ashaka kujya mu matsinda ifoto ye yarahindutse pe! Umukunnyi w’ikipe ya Rayon Sports akomeje gushimisha benshi nyuma yo kumara iminsi atagaragara aho agarukiye akaza mu yindi sura

Yanze kwirirwa amanura ikanzu yereka Abanyarwanda uko yavutse ameze; Gihozo Alliah w’imiterere nk’iy’igisabo ku munsi we w’amavuko yerekanye imiterere ye nta nakimwe ahishe -AMAFOTO