in

Ibi byo birakabije pe! Element yakoze ibintu byatumye n’abagabo bava mubyabo batangira kumutera imitoma

Ibi byo birakabije pe! Element yakoze ibintu byatumye n’abagabo bava mubyabo batangira kumutera imitoma.

Umuhanzi akaba n’umuhanga mugutanganya imiziki Element yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane maze abantu batandukanye batangira kumwereka urukundo rudadanzwe ari nako bamubwira amagambo aryoheye amatwi.

Umusobanuzi wa filime ukunzwe cyane hano mu Rwanda Junior Giti yagize ati :”Urasa neza Chou Element Bzu Bizou” aya magambo yaherekejwe n’ibimenyetso by’umutima bigaragaza urukundo.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto ya Element:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 11 umutoza Thierry Froger azabanza mu kibuga ejo yakoze impinduka zitangaje kugirango azafunge imyanya 2 ya Pyramid FC yemezako ari yo iteye ubwoba cyane

Bapakiye utwabo twose! Rayon Sports igiye kuva muri Libya itareba inyuma – VIDEWO