in

“Ibi bintu biteye agahinda pe” Umukobwa witeguraga kubana n’umusore bamaze imyaka ine bakundana yakiriye inkuru mbi buri muntu wese atapfa kwihanganira [ibi ari wowe bibaye ho wabyakira gute] 

“Ibi bintu biteye agahinda pe” Umukobwa witeguraga kubana n’umusore bamaze imyaka ine bakundana yakiriye inkuru mbi buri muntu wese atapfa kwihanganira [ibi ari wowe bibaye ho wabyakira gute]

Kenshi abantu bashinga urugo bashaka kubaka umuryango wabo ndetse na bo bakaguka gusa ikigeragezo cg uburwayi bwo kutabyara buri mu burwayi buhangayikisha benshi ndetse bimwe bikabaviramo kwiheba no kumva batameze nk’abandi.

Ni uko umukobwa yaje kwisanga uwo biteguraga kubana atabyara bikamuvira mo ihurizo rikomeye cyane yananiwe kwikura mo ibyatumye afata iyambere akagisha inama yicyo yakora.

Yagishije inama agira ati: ” mungire inama ndakomerewe , umugabo twenda kubana ndamukunda cyane, tumaranye imyaka ine ,sinjye warose ansaba ko tubana, nemereye hejuru ubu ndi kwitegura ubukwe, ikibazo cyaje kuza aho icyumweru gishize yambwiye ko yagiye kwa muganga bagasanga atabyara, yarabimbwiye ndamuhumuriza ariko umutima wanze kwakira ko nta rubyaro nzagira ninshakana nawe , nabajije umuryango banterera hejuru bati umuryango ukeneye kwaguka.

Yego yambwije ukuri ndabimushimira ariko simbasha kwibona ntabana mfite, mungire inama .”

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Angelique
Angelique
1 year ago

Itonde araba ari umutego yashatse kugutega

Umusore n’inkumi bagiye ku buriri barishimisha babonye ko bidahagije binaganika ku gisenge birangira kibaguye hejuru – VIDEWO

Yahatwitse ubundi arimanukira! Umugabo witwa Eliazar yitwikiyeho inzu ye nyuma y’uko agiranye amakimbirane n’umugore we babana mu buryo butemewe n’amategeko