in

Ibendera ry’igihugu ryashyizwe mu bicu: Nyuma yo kugarika ikigugu muri ruhago babyinnye Sitade iranyeganyega (Amashusho)

Amashusho y’abana bakiri bato cyane mu myaka bakinira ishuri ry’umupira w’amaguru ry’ikipe ya Paris Saint Germain bamaze kwandika amateka yo gutsinda ikigugu muri ruhago ku Isi.

Ikipe y’abaterengeje imyaka 11 y’amavuko y’ishuri ry’umupira w’amaguru ry’ikipe ya Paris Saint Germain mu Rwanda imaze kwegukana igikombe cy’Isi cy’amashuri y’umupira w’amaguru yateguwe na Paris Saint Germain ku rwego rw’Isi.

Ibi aba bana babikoze nyuma yo gutsinda igihugu cya Brazil penaliti 3-2 umukino wari warangiye amakipe yombi anganyije igitego kimwe kuri kimwe maze hitabazwa penaliti.

Amashusho y’uburyo bishimiye igikombe:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Abana b’Abanyarwanda bamaze guhesha igihugu cy’u Rwananda ishema

Dore impanvu abagabo bashyingiwe aribo bakunda gusohokana abandi bagore