in

I Rukomo umwarimu wari ugiye kwigisha atwaye moto yagonganye n’ikamyo imumena umutwe

I Rukomo umwarimu wari ugiye kwigisha atwaye moto yagonganye n’ikamyo imumena umutwe.

Mu karere ka Gicumbi mu murenge wa wa I Rukomo umwarimu wari ugiye kwigisha atwaye moto yagonganye n’ikamyo imumena umutwe.

Amakuru y’ibanze yatanzwe n’umuturage wayahaye umunyamakuru Sam Kabera, yamubwiye ko uyu mwarimu yakoze iyi mpanuka agiye kwigisha.

Sam yagize ati: “Umuntu uri mu Rukomo I GicumbiDistrict ambwiye atyo: ‘habaye impanuka mukanya aho umwarimu wigishaka ku kikigo cya GS Munyinya witwa Kabayiza yagoganye n’ikamyo atwaye moto ajya ku ishuri agakomereka mu mutwe bikomeye cyane ambulance ikaba yamujyanye kwamuganga.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Abayisenga Esther
Abayisenga Esther
10 months ago

Byarangiye yitabye Imana 😭😭 Imana imuhe iruhuko ridashira

Uwayezu Jean Fidel nyuma yo kumenya ibyo bashaka kumukorera ngo Rayon Sports izatsindwe na Al Hilal Benghazi yateguye operasiyo ikomeye ishobora guhitana na bamwe mu bakinnyi

Umunyamakuru w’imikino ukomeye hano mu Rwanda n’umuryango bahawe ubutumire n’ikipe ya Al Hilal Benghazi ku mukino ubanza iyi kipe yakinnye na Rayon Sports kubera ubushuti afitanye nayo