in

I Rubavu, udukingirizo twarashize ubundi abasore bakumanukira kizimbabwe ku bakobwa bibitangaga babyikuraho

I Rubavu, udukingirizo twarashize ubundi abasore bakumanukira kizimbabwe ku bakobwa bibitangaga babyikuraho.

Kivu Fest yabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje yasize byinshi cyane mu Banyarwanda.

Aha hasohokeye abasore n’inkumi batagira uko bangana aho bageze aho babura n’aho kurara bamwe amazu yabo bayahindura inzu zicumbikwamo.

Ku ikubitiro, udukingirizo twahise dushira kubera abadukoreshaga bari benshi.

Nyuma y’uko dushize bamwe bamanukiye aho ntabyo kwicyingira kuko kuryamana n’umukobwa i Rubavu byari bimeze nko kunywa amazi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gasogi United igiye kuzana umutoza w’umugore uzajya utoza agatanga n’izindi serivisi zitandukanye ku bakinnyi nko kubakorera massage n’ibindi

Hafi kwikomeretsa: Umugore yishimaguye mu myanya y’ibanga kukarubanda ntacyo yitayeho (Video)