in

I Musanze havutse indi mpano mu muziki mutari muzi

Abantu benshi baba bafite impano zitandukanye muri buno buzima, ariko usanga hari ikintu gikundwa na benshi, abana, urubyiruko ndetse n’abakuze! Akenshi usanga icyo kintu ari umuziki.

Mu Karere ka Musanze hagaragaye umusore ufite impano idasanzwe yo kuririmba neza, ndetse akaba n’umucuranzi wa gitari.

Uyu musore ntawundi utari SAVIO AKA Major, uyu musore yagiye atumirwa ahantu hatandukanye, ndetse abantu batungurwaga cyane no kumva imiririmbire ye ndetse n’uburyo azi gucuranga gitari neza.

Amazina ye yitwa SAVIO AKA MAJOR.

Umva imwe mu ndirimbo ze..

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyewe ikipe nzakina nayo ni Police FC gusa! Umuyobozi w’Intare FC yaciye amazimwe yemeza ko ibyo gukina na Rayon Sports byabaye umugani

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports ntiyumva ukuntu ubuyobozi bw’iyi kipe budashyira imbaraga ku kuganira nawe kandi amezi macye amaze ari kuririmbwa n’abafana benshi