in

I Kigali, umugabo yataburuye inyama z’inka bari batabye nyuma yo kwipfisha gusa yaje gufatwa agiye kuzigurisha abaturage (VIDEWO)

I Kigali, umugabo yataburuye inyama z’inka bari batabye nyuma yo kwipfisha gusa yaje gufatwa agiye kuzigurisha abaturage.

Umugabo yafatanwe inyama zinka yataburuwe nyuma yo kwipfusha azigejeje mu kabare harakekwa Ruswa yahawe abanyerondo bayirindaga.

Ibi byabereye mu murenge wa Kinyinya Kagugu-Giheka, aho inka yipfushije bakaza kuyitaba.

Kugira ngo idatabururwa, bayirindishije abanyerondo gusa hari umugabo waje kuyitabura ngo ajye kuyigurisha abaturage.

Uyu wari wayitaburuye yaje gufatwa ageze mu Kabare agiye kuzigurisha.

VIDEWO

https://twitter.com/Munyentwalijero/status/1703158690885378157?t=Sx8cYwJWZjSSAwN6gGzTRQ&s=19

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa APR FC wari witezweho gukora ibitangaza niwe benshi bakomeje gushinja kwitwara nabi biviramo iyi kipe kutabona intsinzi yari iyikwiye

Noneho yayivuze neza! Umunyamakuru ukunzwe hano mu Rwanda yaciye ibintu nyuma yo gutangaza ko Rayon Sports yatsinda Younga Africans imaze iminsi ikora ibitangaza