in

I Kigali umugabo ari mu marira nyuma yo gushaka umugore waminuje umurusha amafaranga none yasanze abana yarababyariwe na pare

Shaddyboo abinyujije ku rukuta rwe rwa X yasangije ubutumwa bw’umugabo wamusabye ko abamukurikira bamugira inama kuko akomerewe mu rugo rwe.

Muri ubu butumwa umugabo yatanze,  yavuze ko umugore ariwe umutunze ndetse ko ariwe wazanye amafaranga yo gukora ubukwe , gusa ngo yababajwe no guhabwa amakuru yuko abana babiri bafitanye atari abe .

Uyu mugabo yasanze umubyeyi wo muri batisimu w’umwana mukuru ariwe usa n’abana be ku buryo acyeka ko ariwe Se. Soma ubutumwa bw’uyu mugabo ubundi umugire inama.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rudasingwa prince yapfukamiye umutoza Julien Mette mu buryo bitangaje [Amafoto]

Couple ya Kimenyi Yves na Muyango yahigitse iya Miss Nishimwe Naomie n’umukunzi we none batsindiye umunyenga wo muri Kajugujugu bazaryoherezamo ku munsi w’abakundana ‘St Valentin’