in

I Kigali ibyaho bisigaye biteye ubwoba! Umugabo aratabaza cyane nyuma yo gutererezwa nyabingi harimo ifite izina bakunze kwitirira igitsinagore

Mu mujyi wa Kigali mugabo witwa Bazimaziki Aphrodis arasaba ubufasha bwaba ubw’amafaranga yo kwivuza ndetse n’ubwamasengesho.

Ni nyuma yaho ngo atererejwe Nyabingi zirimo iyitwa KARASHIKA zikamuteza kwangara, dore ko ngo arara ku ikarito akaba atanazi aho abagore batanu yashatse ndetse n’abana yabyaye baherereye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya kandi meza ku bantu bakoresha gare ya Nyabugogo

Nishimwe Blaise wari washimwe n’umutoza wa Kiyovu Sports byongeye kumubana imyangaro