in

Amakuru mashya kandi meza ku bantu bakoresha gare ya Nyabugogo

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr. Ernest Nsabimana, yagaragarije Inteko Rusange ya Sena zimwe mu ngamba Leta y’u Rwanda yashyizeho mu gukumira no guhangana n’impanuka zibera mu muhanda kugira ngo zigabanuke.

Minisitiri Dr. Nsabimana avuga ko hagiye kwagurwa Gare ya Nyabugogo ndetse ikubakwa mu buryo bugezweho kugira ngo nihongerwa imodoka zitwara abagenzi hatazabaho ikibazo y’umubyigano wateza impanuka.

Mu bindi bikorwa birimo gukorwa ni ugukomeza kugenzura imikorere y’amagaraje no kuyavugurura ndetse buri garaje rikaba ryujuje ibisabwa kandi rifite ibyangombwa byo gukora mu buryo bwemewe n’amategeko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo ni nkibisazi! Umusore wihebeye Vestina kuburyo ashobora no gusara nyuma y’ibyo yakoreye ku mubiri we -Amashusho

I Kigali ibyaho bisigaye biteye ubwoba! Umugabo aratabaza cyane nyuma yo gutererezwa nyabingi harimo ifite izina bakunze kwitirira igitsinagore