in

I Kigali hagiye gushya nyuma y’uko ibikomerezwa mu muziki w’isi bigiye kuza kuhataramira

I Kigali hagiye gushya nyuma y’uko ibikomerezwa mu muziki w’isi bigiye kuza kuhataramira.

Ubuyobozi bwa Trace Awards bwamaze gutangaza ko abahanzi biganjemo ab’amazina akomeye mu muziki wa Afurika, bazatarama muri ibi birori bitegerejwe kubera muri BK Arena ku wa 21 Ukwakira 2023.

Ku rutonde rurerure rw’abahanzi bazaririmba muri ibi birori harimo; Davido, Asake, TayC, Benjamin Dube, Kizz Daniel n’abandi barimo Bwiza na Bruce Melodie bo mu Rwanda.

Uretse aba ariko kandi harimo Bamby , Black Sherif , Blxckie , Didi B, Dystinct , Janet Otieno , Josey ,Kalash , Lisandro Cuxi ,Locko , Mikl , Perola , Plutonio , Princess Lover , Ronisia , Rutshelle Guillaume , Soraia Ramos ,Terell Elymoor na Viviane Chidid.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka 12, Ineza Elvine wise izina umwana w’ingagi ku myaka mike ni muntu ki? Ni gute yisanze mu bikomerezwa akiri muto bene aka kageni?

RIP Agahozo Peace : umwana w’imyaka 4 witwa Agahozo Peace yishwe n’icyayi n’irindazi