in

I Kigali hagiye gufatirwa umwanzuro w’amakipe azajya mu gikombe cy’isi

Icyemezo cyo gusubira ku matsinda y’amakipe ane mu Gikombe cy’Isi cya 2026 ushobora kuzafatirwa i Kigali mu nama y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) izaba muri uku kwezi.

Iyi nama ya 73 ya FIFA izaba hagati ya tariki ya 13 n’iya 17 Werurwe 2023, ni yo izaberamo amatora ya Perezida w’uru rwego ruyobora umupira w’amaguru ku Isi ku wa 16 Werurwe.

Ubusanzwe, Igikombe cy’Isi cyitabirwaga n’amakipe 32 agabanyije mu matsinda umunani y’amakipe ane, kigakinwamo imikino 64.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports nitwara igikombe nzarya ikiri cy’ingurube! Umwe mu bayobozi ba Kiyovu Sports w’umusiramu yaragiye ibintu bikomeye avuga ko Rayon Sports nta gikombe yatwara

Iradukunda Pascal yavuze ikipe yifuza kuzakinira nyuma y’uko azaba avuye muri Rayon Sports