in

Huye: Umugabo yishe undi bapfa ibiceri 200 frw, imva n’imvano yaya mafaranga yari iyihe?

Huye: Umugabo yishe undi bapfa ibiceri 200 frw, imva n’imvano yaya mafaranga yari iyihe?

Ubushinjacyaha bwisumbuye bwo mu rukiko rukuru rwa huye rukurikiranye umusore w’imyaka 20 icyaha cyo kwica umugabo w’imyaka 35 amuteye icyuma cyo mu gatuza bapfa ibiceri 200 by’ama nyarwanda.

Ubushinjacyaha buvuga ko kugira ngo uyu ushinjwa icyaha cyo kwica yari umucuri w’amasambusa nuko uyu mugabo w’imyaka 35 we yaraje arya isambusa za 200 frw nuko abura ayo kwishyura.

Yabanje gutongana n’uyu musore wacuruzaga amasambusa gusa byarangiye uyu musore ateye icyuma cyo mugatuza uyu mugabo wari wanze kwishyura isambusa za 200 frw yari yariye.

Bivugwa ko iki cyaha cyakozwe mu ntangiriro za Mata taliki 2, 2023.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo n’ubugome: Ngoma bari korozanya agakoko gatera SIDA kubera uburaya bukabije ndetse hari ababikorana ubugome bukabije

Urupfu rw’icyamamare mu mukino wo gusiganwa ku maguru Tori Bowie rwashenguye benshi kubera ukuntu yapfuye akenyutse