in

Huye: Ba bantu baburiye ubuzima mu kirombe ntibanaboneke, bahawe ubutabera nk’uko ababo babisabye

Huye: Ba bantu baburiye ubuzima mu kirombe, bahawe ubutabera nk’uko ababo babisabye.

None kuwa 03 Ukwakira 2023 mu rukiko rwisumbuye rwa Huye, hasubukuwe iburanisha mu rubanza ruregwamo abantu batanu barimo Rtd Major Katabwa Paul, ukekwaho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake n’ubucukuzi butemewe.

Ubushinjacyaha bwasabiye abaregwa bose igihano cyo gufungwa imyaka icumi n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw .

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo ya wa musore wanze gusiga ibiryo muri resitora akagenda abirya kuri moto ikomeje gutangaza benshi

“Iyo modoka ibaye iy’i Burundi gute kandi plaque ari inyarwanda?” Ku mbuga nkoranyambaga hari imodoka idasazwe yaciye igikuba gusa abarundi bari kuyita iyabo n’abanyarwanda nabo bakayita iyabo (AMAFOTO)