in

Huye: Abafundi n’abayede bazindukiye mu gisa nk’imyigaragambyo kubera inzara yenda kubatsinda mu nzu kandi bakora (AMAFOTO)

Abafundi n’abayede bazindukiye mu gisa nk’imyigaragambyo kubera inzara yenda kubatsinda mu nzu.

Bamwe mu bakozi barikubaka isoko rya Rango, riherereye mu karere ka Huye, bazindukiye mu myigaragambyo.

Abo bakozi basaba kwishyurwa amafaranga yabo, aho bavuga ko bamaze amezi abiri bambuwe na rwiyemezamirimo wabakoreshaga akaza kugenda atabahembye.

Inzego z’ubuyobozi zaje kubaganiriza kugira ngo bamenye umuzi w’ikibazo ubundi barebe uko bagikemura.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Naomi ari mu byishimo byo kwibaruka

Uramutse wumvishe icyireguzo cy’Abagabo bo mu Karere ka Rubavu bashinjwa n’abagore babo kugira ubuhehesi n’irari ryo ku rwego rwo hejuru, wakumirwa