in

Hitabajwe izindi mbaraga: Abanyeshuri biga bacumbikirwa bagiye kwiga basanga umuhanda wangiritse ni uko maze hitabazwa izindi mbaraga kugira ngo bagezwe ku kigo cy’amashuri (AMAFOTO)

Hitabajwe izindi mbaraga: Abanyeshuri biga bacumbikirwa bagiye kwiga basanga umuhanda wangiritse ni uko maze hitabazwa izindi mbaraga kugira ngo bagezwe ku kigo cy’amashuri.

Abanyeshuri berekeza ku ishuri bajya gutangira umwaka w’Amashuri 2023-2024, bigoranye cyane abanyeshuri n’ababyeyi bajyana abana ku ishuri ryitiriwe Padiri Ramon Kabuga TSS riherereye mu Murenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi, hitabajwe abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi.

Kuba imihanda yerekezayo yarangiritse ntibe nyabagendwa bituma abana bajya cyangwa bava ku ishuri bibagora, ari na byo byatumye biyambaza Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi kugira ngo ribafashe kwambutsa abanyeshuri basubira ku ishuri.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida Paul Kagame yahaye amahirwe wa musore wamushushanyije yo kujya kwiga kaminuza muri Leta Zunze Ubumwe

Impanuka zikomeye zamaze kuvumburwa aho hamenyekanye ibiza ku isonga mu gutuma zibaho