in

Hategekimana Bonheur usazwe ari umunyezamu wa Rayon Sports yavuze impamvu yateye uwa kajwiga umutoza we akamufata mu ijosi urufuzi rukaza ndetse anavuga ikintu yanga kuri Ariel Wayz na Juno

Umunyezamu wa Rayon Sports, Hategekimana Bonheur yasobanuye ku myitwarire imaze iminsi imuranga aho yagaragaye atongana n’umutoza we Yamen Zelfani bakagera aho bafatana mu majosi.

Mu kiganiro yagiranye na Isibo Tv cya Sunday The Choice Live, Bonheur yabajijwe impamvu yateranye amagambo n’umutoza we maze asubiza ko byatewe n’umujinya.

Yagize ati “Kugirango nterane amagambo n’umutoza wa Rayon Sports, ni uko nari nababajwe no gutsindwa igitego kandi nari naranzuye ko ntaza gutsindwa igitego muri uwo mukino”.

Bonheur avuga ku bahanzi Nyarwanda akunda, yagize ati “Mu muziki nyarwanda nkunda Juno Kizigenza na Ariel Wayz ariko sinkunda ko baba bari mu nkundo”.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Umukiriya aguze ibiryo bamuha ibirimo umunyorogoto muzima aho winyagambuye agiye gutamira (VIDEWO)

“Azi kurara mu mbeho uko bimera ndetse n’uburyo inzara iryana”: Cristiano yasabiwe imigisha itavangiye nyuma yo kwemera gutanga umwe mu mitungo ye ihenze cyane kurusha iyindi yose ayiha abanya Morocco bahuye n’ibyago bidasanzwe