in

Hataburuwe umurambo w’umuhanzi uherutse kwitaba Imana bakubitwa n’inkuba kubera ibintu bavumbuye ku murambo we

Hataburuwe umurambo w’umuhanzi uherutse kwitaba Imana bakubitwa n’inkuba kubera ibintu bavumbuye ku murambo we.

Umubiri w’umuhanzi w’Umunya-Nigeria MohBad, wataburuwe kugira ngo upimwe hamenyekane icyahitanye uyu musore, hagaragara ibimenyetso bigaragaza ko ashobora kuba yarashyinguwe akirimo umwuka.

Abataburuye umubiri w’uyu muhanzi, bavuze ko wari ugifite amaraso bigaragara ko yari akiri mashya, bavuze ko MohBad ashobora kuba yarashyinguwe ari muzima.

Bavuze kandi ko basanze umubiri we utarangirika bikomeye nk’uko bisanzwe iyo umuntu ataburuwe yarashyinguwe.

Ibi byose biri gutuma abakunzi b’umuhanzi Mohbad ndetse n’abakurikiranira hafi imyidagaduro muri Nigeri, bavuga ko uyu musore yashyinguwe agihumeka.

Kugeza ubu kandi umuhanzi Naira Marley mugenzi wa nyakwigendera, ni we uri gushyirwa mu majwi mu kugira uruhare mu rupfu rwa MohBad.

Abahanzi nka Davido, Rema, na Olamide; bari gusaba Leta ya Nigeria Gutanga ubutabera ku muryango wa Mohbad.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Nyirantezimana Beatrice! Umubyeyi w’imyaka 43 ari kubabaza abatari bake nyuma y’uko agiye gucyura ihene bikarangira atwawe n’umugezi

“Yago ibyo nta bugabo burimo” Hamenyekanye ikintu Yago ahora asaba Brenda kugirango azemere umwana we, dore ko kugeza nubu atarajya kumureba kandi agize amezi atatu yose