in

“Yago ibyo nta bugabo burimo” Hamenyekanye ikintu Yago ahora asaba Brenda kugirango azemere umwana we, dore ko kugeza nubu atarajya kumureba kandi agize amezi atatu yose

“Yago ibyo nta bugabo burimo” Hamenyekanye ikintu Yago ahora asaba Brenda kugirango azemere umwana we, dore ko kugeza nubu atarajya kumureba kandi agize amezi atatu yose.

Umwana wa Brenda na Yago agiye kuzuza amezi atatu avutse, gusa ngo kugeza nubu Yago ntaramwemera ndetse ntarajya no kumureba kuva yavuka.

Amakuru ahari aravuga ko hari ibyo Yago yasabye Brenda ko yakora nka kondisiyo zo kugirango Yago yemere ko umwana ari uwe, nabwo akamwemera mu ibanga, gusa ngo Brenda yanze kubikora.

Biravugwa ko Yago yasabye Brenda ko yajya mu itangazamakuru agasaba imbabazi zo kuba yaramusebeje ndetse akanyomoza ibyo yamuvuzeho byose.

Gusa Brenda yararahiye ko ntabyo yakora kuko ntakinyoma yamuvuzeho kandi umwana ni uwe, ngo azamwemere cyangwa amwange, we azamwirerera .

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hataburuwe umurambo w’umuhanzi uherutse kwitaba Imana bakubitwa n’inkuba kubera ibintu bavumbuye ku murambo we

“Hera kuri Meddy Saleh wawe” Shaddy Boo yatukishije uwahoze ari umugabo we nyuma yo kuvuga ko abahungu bose b’inzobe aba ari imbwa (VIDEWO)