in

“Hashimwe Rugira wakungabiye rukundo rwanjye, uri byose byanjye” Bahavu Jeannette yatomagije umugabo we Legend mu mitoma myinshi

Umukinnyikazi muri cinema nyarwanda Bahavu Jeannette uyu munsi umugabo we witwa Fleury Legend yagize isabukuru y’amavuko ariko Bahavu dore amagambo asize umunyu arimo imitoma yamubwiye.

Aciye ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati “Isabukuru nziza y’amavuko kuri Rudasumbwa wange Fleury Legend  umugabo w’agatangaza w’umukobwa wacu Iam Amora Ndayirukiye.

Sinabona amagambo asobanuye neza uwo uriwe kurinjye mugabo mwiza gusa ntusanzwe hashimwe Rugira wakoze ibidasanzwe kumunsi nkuyu agashoboza umubyeyi mwiza ariwe wakwibarutse akageza Impano yanjye ihebuje kwisi ariyo wowe mugabo mwiza.

Niba iki aricyo gitabo, waba uri umwami mwiza, niba ari firime wari kuba uri intwari ariko kubera ko ubu aribwo buzima bwacu, uri byose byanjye isabukuru nziza y’amavuko urukundo rwanjye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze:umukobwa wakoraga akazi ko murugo yaguwe gitumo agiye gucikana akayabo k’amafaranga yari yibye aho yabaga

Hamenyekanye amagambo abiri yuzuyemo agasuzuguro Adil yakoresheje ku buyobozi bwa APR FC bigatuma ahagarikwa