in

Harmonize na Kajala umubano wabo wajemo umwuka mubi

Nyuma y’iminsi bivugwa ko aba bombi umubano utagihagaze neza nka mbere, bakomeje guca amarenga ko urukundo rwabo rwaba rurimo gushonga nk’isabune.

Kajala Frida kuri ubu yamaze guhindura ibyamurangaga ku mbuga nkoranyambaga, avanaho amagambo yavugaga ko areberera inyungu za Harmonize nk’uko byari bisanzwe.

Uyu mugore kandi yaje gusangiza abamukurikira, ubutumwa bwuzuye ikiniga, avuga ko akwiriye gusekwa kuko yakoze amakosa yo kubabarira uwo bahoze bakundana n’ubwo atigeze avuga ko ari Harmonize.

Ubu butumwa burebure bwaherekejwe n’ijambo rigira riti “Ndabihagaritse”.

Kugeza ubu abantu bari mu rujijo bibaza icyaba cyateye uyu mugore kuvuga ko yicuza kuba yarababariye uwo bahoze bakundana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
faburice
1 year ago

084815502

faburice
1 year ago

faburice

Exclusive:Umukinnyi wakunzwe n’abafana ba Rayon sport agiye kuyigarukamo

Georgina Rodriguez umugore wa Cristiano Ronaldo yakije umuriro kuri Santos utoza Portugal