in

Harimo n’iya miliyoni! Ibiciro bya Mudasobwa zigiye guhabwa abanyeshuri ba Kaminuza byatumye bakuka imitima ariko bibutse ko ari inguzanyo bagiye kuzaka nk’amasuka yo mu ihinga

Ibiciro bya Mudasobwa zigiye guhabwa abanyeshuri ba Kaminuza byatumye bakuka imitima ariko bibutse ko ari inguzanyo bagiye kuzaka nk’amasuka yo mu ihinga

Nyuma y’imyaka igera kuri ine bari bamaze mu gihirahiro, kuri ubu abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda, UR, bagiye guhabwa mudasobwa ndetse zitandukanye n’iza Positivo BGH bari basanzwe bahabwa, akarusho uyihawe akazajya ahabwa na garanti y’imyaka ibiri aho ishobora gupfa akayisubiza.

Ni imashini zizahabwa no ku bari batarazihabwa kuva mu mwaka w’amashuri wa 2019/2020 aho ubu uwo ari we wese utarayihawe ariko wishyurirwa na leta yemerewe kujya gusinya amasezerano ayimuhesha.

IBICIRO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa risohotse kano kanya rireba Abayisilamu bose bo mu Rwanda ndetse n’abakunzi b’ipirawu b’akadasohoka

Umuhanzi Davis D ari kuririra mu myotsi nyuma yo gushora akavagari k’amafaranga ibyo yashoyemo bigakuburwa nk’umusenyi wo mu mpeshyi