in

Harimo n’abakinnyi bakinanaga! Chairman wa As Kigali yifatanyije n’inshuti n’umuryango mu mugoroba wo gusezera Mukonya wapfuye aguye mu kibuga – AMAFOTO

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 8 Nyakanga 2024, Chairman wa As Kigali SHEMA Fabrice arikumwe na bandi bayobozi bafatanyije ndetse na bakinnyi bitabiriye igitaramo cyo guherekeza bwa nyuma AHOYIKUYE Jean Paul(MUKONYA).

Mukonya wari myugariro wa AS Kigali, yitabye Imana ku wa Gatandatu w’icyumweru gishinzwe aguye mu kibuga agonganye n’umunyezamu ubwo bari mu myitozo y’abakinnyi bakanyujijeho.

Yahise ajyanwa kwa muganga gusa kubera ko yari yamize ururimi, bamugejejeyo yamaze gushyiramo umwuka.

Biteganyijwe ko azashyingurwa ejo ku wa kabiri ku irimbi ry’i Nyamirambo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni inshuti magara ya Luvumbu Nziga! Ibiganiro hagati ya Rayon Sports na rutahizamu w’umunye Congo-Brazzaville bigeze ku musozo – Amafoto

Iteganyagihe! Dore ibice bimwe by’u Rwanda biragwamo imvura muri iri joro