in

“Hari kwibazwa ati se abikora gute?” Clapton Kibonge nyuma yo guhura na Cristiano, yahuye n’ikindi cyamamare mu buryo butangaje -IFOTO

Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa firime z’uruhererekane hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Clapton Kibonge yatembagaje abantu ubwo yashiraga hanze ifoto arikumwe na Kelvin Heart.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Umunyarwenya Kevin Hart n’umuryango we bageze I kigali ndetse agafata n’amafoto Ari mu nzu irimo ibikoresho bikorerwa mu Rwanda.

Uwo Clapton Kibonge yashyize hanze ifoto arikumwe n’uwo munyarwenya, n’ifoto yatangaje abantu benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Isimbi nabonye arenze azi agakino pee” Isimbi Noeline bivugwa ko akina filime z’urukozasoni amashusho ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yatumye abantu bacika ururondogoro abandi bayamaganira kure 

Achraf Hakimi wabaye iciro ry’imigani muri gatanya ari mu munyenga w’urukundo n’ikindi cyamamarekazi -AMAFOTO