in

Hari abarimutukiye! Mu ibanga rikomeye cyane hamenyekanye inkomoko y’ahantu umuhanzi Niyibikora Safi yakuye izina ‘Madiba’ bigatuma amenyekana nka Safi Madiba

Imyaka 10 iruzuye Umuhanzi NIYIBIKORA SAFI yihimbye izina “MADIBA”.

Nk’uko umunyamakuru Gentil Gedeon yabitangaje, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati “Hari ku mugoroba w’itariki ya 5/12/2013, umunsi Mandela apfa. Nahamagaye Safi kuri Phone. Nashakaga kumubaza uko yakiriye urupfu rwa NELSON Mandela dore ko abanya Abantu benshi bamufata nk’intwari.”

Safi yamusubije ati”Ntakubeshya nababaye, ariko mu rwego rwo kumuzirikana namaze kwihimba rya “MADIBA” ngo nzajye mpora mwibuka. Kuva uwo mugoroba Gentil Gedeon yabitangaje kuri Radio Salus ko Uwari Niyibikora Safi atangira kwitwa NIYIBIKORA SAFI MADIBA.

Gentil Gedeon yakomeje agira ati “Sinzibagirwa ibitekerezo byo kuri facebook abantu bamutuka ngo ari kwigereranya n’intwari y’Africa. None dore izina riramukujije. Hari abatari bazi inkomoko y’iri zina umusaza akoresha.”

Mandela Madiba afatwa nk’intwari y’Africa
Safi Madiba ubu ni umuhanzi ukunzwe usigaye ukorera umuziki we muri Canada

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro! Gitifu w’akare ka Ngoma yakoreye impanuka yateye ubwoba i Kigali agonga abanyeshuri icyenda ku buryo bukomeye

Burya koko abagabo bahenda abandi! Myugariro w’Amavubi yerekanye umufasha we ufite uburanga burangaza abarebyi -IFOTO