in

“Hari abari biteze ko bari buhabwe igice cy’umwaka” Abagore bongerewe igihe k’ikiruhuko bahabwaga nyuma yo kwibaruka

“Hari abari biteze ko bari buhabwe igice cy’umwaka” Abagore bongerewe igihe k’ikiruhuko bahabwaga nyuma yo kwibaruka.

Itegeko rishya ryerekeye ubuzima n’umutekano ku kazi ari naryo rikubiyemo ibiruhuko bihabwa abakozi, ryemeje ko umugore wabyaye azajya ahabwa ikiruhuko kingana n’ibyumweru 14, mu gihe iminsi yahabwaga umugabo we yongerewe ku buryo ishobora kugera kuri 12.

Iri tegeko rije nyuma y’igihe kinini hari ubusabe busabira cyane cyane abagabo kongererwa igihe bahabwa iyo abo bashakanye bibarutse.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu se araza kubyigobotora gute? Umunyamakuru ukomeye cyane mu Rwanda arashinjwa ibintu bitari byiza

‘Ibyo baganujwe biteye ubwuzu’  Rutsiro: Bamwe mu basenyewe n’ibiza baganujwe bimwe mu bintu bari bakennye cyane kurusha ibindi