in

Hari abarenga 600! Umuhanzi umwe wo mu Rwanda wari ukuzemo, yafashe icyemezo cya kigabo asezerana n’umukunzi we wamuhase urukundo ruzira uburyarya (AMAFOTO)

Umuhanzi umwe wo mu Rwanda wari ukuzemo, yafashe icyemezo cya kigabo asezerana n’umukunzi we wamuhase urukundo ruzira uburyarya.

Umuhanzi akaba n’umushabitsi Mbabazi Innocent wamenyekanye nka Gauchi yashyingiranywe n’umukunzi we Mucyo Unice.

Aba bakoze ubukwe bwabo ku Cyumweru tariki 9 Nyakanga 2023. Gusaba no gukwa byabereye kuri Panorama ku i Rebero, gusezerana imbere y’Imana bibera muri Christ’s Church Rwanda i Gacuriro.

Gauchi ari mu bahanzi b’abanyamafaranga mu Rwanda, ushingiye ku bikorwa birimo amazu, imodoka zihenze agendamo n’ibindi. Asanzwe anakora imirimo irimo ifata agaciro k’abarirwa muri za Miliyari.

AMAFOTO

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Murera ninde uzayihagarara imbere? Mu ibanga rikomeye cyane Rayon Sports vuba aha igiye kumurika rutahizamu nimero 9 uzi neza kuboneza mu izamu

Azi gusigasira imiterere y’umubiri we! Miss Kayumba Darina yongeye kwiharira imbuga nkoranyambaga mu mafoto agaragaza imiterere ye