in

“Hari abanditse ngo Soleil yirongoreye Kanimba” Nyuma yo gukora ubukwe bukavugisha benshi Soleil yagize icyo atangaza

“Hari abanditse ngo Soleil yirongoreye Kanimba” Nyuma yo gukora ubukwe bukavugisha benshi Soleil yagize icyo atangaza.

Mu kiganiro na shene ya YouTube ya Chita Magic, Soleil yavuze ko hari abo yabonye bandika ko yirongoreye Kanimba.

Mu cyumweru gishize nibwo Kanimba na Soleil bakoze ubukwe gusa ni ubukwe bwo muri filime si ubwo kubana ubuziraherezo.

Soleil abajijwe kuri ubwo bukwe n’ukuntu bwakiriwe, yavuze ko hari abo yabonye bavuga ko yirongoreye Kanimba.

Ibi babivugaga bashingiye ku kuba uyu mukobwa ari umwe mu bakinnyi ba karate aho afitemo n’imikandara irenze 3.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arabishimangiye: Bruce Melodie agiye kwitabira igitaramo azahuriramo na Nicki Minaj

Mu marira menshi, Dr Kanimba yibutse amagambo yabwiwe n’umwana w’imyaka ine ubwo yari arembye ndetse yibuka n’ibyo abantu bamukoreye bacyumva ko arwaye, ahita asuka amarira – VIDEWO