in

Hari abagize bati “Narinziko nibura twayigura nka 10k”, “Tuzayibona gute se?” Abafana ba Rayon Sports ntibavuga rumwe ku giciro cy’umwambaro ikipe yabo yatangaje

Rayon Sports yashyize hanze ibiciro by’umwambaro izajya ikinana, is aba abafana bayo kumugura gusa ntabwo ikiguzi cyawo kiri kuvugwaho rumwe kuko hari abavuga ko ihenze abandi bakavuga ko idahenze.

Amakuru yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, Rayon Sports yagize iti “Itegure kwihahira umwambaro w’ikipe yawe. Harabura ibyumweru bibiri gusa Umukunzi wa Rayon Sports akaberwa n’umwambaro w’ikipe ye.

Abishyize hamwe nk’itsinda, Muhendukirwa muguze imyambaro myinshi.”

Ibi byiciro by’uyu mwambaro wa Rayon Sports ntabwo abafana bayo babivugaho rumwe, kuko bamwe baravuga ko ihenze abandi baravuga ko zihenze.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nubwo imyaka yamujyanye ariko nti bimubuza kwambara ngo aberwe” Amafoto mashya ya Butera Knowless yagaragaje ko nawe akomeje ku byibuha cyane cyane ku gice cy’inyuma(Nyash)-AMAFOTO

Zari The Boss Lady umubyeyi w’abana 5 yatangaje bimwe mu bice by’umubiri we agiye kwibagisha kugira ngo akomeze agire imiterere y’akataraboneka