in

Harashakishwa umuryango w’umwana umaze igihe arwariye mu bitaro bya Gisenyi atabasha kuvuga

Kuva tariki 10 Ukwakira 2022 mu bitaro bya Gisenyi harwariye umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 cg 16 ,utabasha kuvuga cyangwa ngo aganire mu buryo ubwaribwo bwose ndetse igiteye inkeke kikaba ari uko  nta myirondoro y’umuryango we uhari ngo ubashe kumwitaho.

Amakuru avuga ko uyu mwana yagejejwe mu bitaro ari muri coma,nyuma  yayivamo bitewe nuko atabashaga kuvuga ngo atange imyirondoro ye , agahabwa izina rya Mugisha  , kugeza ubu hakaba hari gushakishwa umuryango we ngo umushyikirizwe ubashe no ku mwitaho. .

Uyu mwana urwariye mu bitaro ntabasha kuvuga mu buryo ubwo ari bwo bwose kandi ntawuzi neza umuryango we
Uyu mwana urwariye mu bitaro ntabasha kuvuga mu buryo ubwo ari bwo bwose kandi ntawuzi neza umuryango we

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyanza: umugabo ufite inkomoko muri Kongo aracyekwaho gusambanya ihene

Umwe mu bahanzi bakunzwe n’abatari bake mu Rwanda no hanze yarwo yagaragaye ahondagura umu motari inkoni nk’izasagutse kuri yesu(Videwo)