in

Hamenyekanye impamvu idasanzwe yatumye umuriro ubura mu Rwanda hose ibitari byarigeze bibaho na mbere 

Hamenyekanye impamvu idasanzwe yatumye umuriro ubura mu Rwanda hose ibitari byarigeze bibaho na mbere

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) yatangaje ko impamvu zatumye mu ijoro ryo ku itariki 10 Ukuboza 2023 habaho ibura ry’umuriro mu gihugu hose byaturutse ku miyoboro migari u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu byo muri aka Karere birimo Uganda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi.

REG ivuga ko habaye ibibazo kuri iyo miyoboro ihuza ibyo bihugu cyane cyane Kenya, bituma no mu Rwanda habaho ingaruka zo kubura umuriro mu gihugu hose.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Munyakazi Sadate abaye uwa mbere utanze amafaranga ateye ubwoba araza gutanga mu gihe ikipe ya Rayon Sports iraza kunyagira Kiyovu Sports

Rayon Sports yatangije intambara hagati yayo na Kiyovu Sports nyuma yo gutangaza ikintu gikomeye gikora mu bwonko iyi kipe iyoborwa na General