in

Hamenyekanye igihe umucunguzi wa APR FC azagerera mu Rwanda

APR FC ikomeje kugaraguzwa agati n’amakipe ya hano mu Rwanda nyuma yo gutsindwa na Etencelle kandi iyirusha cyane bituma itaba iri mu mwanya mwiza ukwiye.

Umucunguzi wayo uzwiho guhindura ibintu hikamuhira, Erradi Adil Mohamed wagiye gushaka ibyangombwa mu bubirigi bimwemerera gutoza, yavuze ko azagaruka vuba agafasha bagenzi be gutegura ikipe izakina na US Monastir yo muri Tunisia.

Errad Adil yarangaje ko agera mu Rwanda ku itariki 31 agahita ajya gufashanya n’ikipe kwitegura imikino ya CAF Champions league.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya: Dore uko gahunda yo guherekeza Nkusi Thomas wamenyekanye nka Yanga iteye

Jordan Mushambokazi witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yagaragaye mu isura nshya nyuma yo kwibaruka imfura ye (Amafoto)