in

Hamenyekanye amakuru mashya yihutirwa kuri Moses umaze iminsi atawe muri yombi

Umunyamideli Moses Turahirwa ukurikiranyweho ibyaha birimo iby’inyandiko mpimbano, yamaze gukorerwa dosiye, inashyikirizwa Ubushinjacyaha.

Kuri uyu wa Kabiri tariki 02 Gicurasi 2023, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ikubiyemo ikirego kiregwamo Moses

Ubushinjacyaha bushobora kumuregera Urukiko mu gihe cyagenwe n’itegeko, aho itegeko rigena iminsi itanu ko mu gihe Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye, buyisuzuma, ubundi bwasanga ari ngombwa ko ishyikirizwa Urukiko rubifitiye ububasha, bukaruregera uregwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Bushinwa: Umugore yahondaguye imashini muntu kugeza ayimenaguye umutwe (video)

Inkundo zabo zakuze nk’isabune: Couple 5 z’ibyamamare zabiciye bigacika hano mu Rwanda gusa nyuma y’igihe gito bagahita batandukana – AMAFOTO