in

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga buri mukinnyi wa Rayon Sports yahawe nyuma yo gutsinda Police FC

Abayobozi ba Rayon Sports bari bemereye agahimbazamusyi gatubutse buri mukinnyi w’iyi kipe, kugira ngo bagire ishyaka ryo gutsinda Police FC.

Rayon Sports gutsinda Police FC, buri mukinnyi yari yemerewe ibihumbi 150 Frw, aba basore ba Rayon Sports baje kuyatsindira nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 3-2.

Byatumye Rayon Sports ikomeza muri 1/2 cy’igikombe cy’amahoro ku giteranyo k’itego 6-4 kubera ko no mu mukino ubanza, nanone kandi byari byarangiye Rayon Sports itsinze Police FC ibitego 3-2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu batari bazi Akagari, Umurenge n’akarere umuhanzi Stromae yavukiyemo hano mu Rwanda iki nicyo gihe ngo mushire amatsiko

Ikibuno nticyakoraga hasi: Mupenzi Eto wari waje gushungera Rayon Sports, yiyirebye aticaye hamwe kubera ibyo yari iri gukora mu kibuga (IFOTO)