in

Hagiye gushya: Reba amakuru meza ku bantu bose bakoresha Twitter

Umuherwe Elon Musk yatangaje ko igihe kigeze urubuga rwa Twitter aherutse kwigondera rukajya rwishyura abashyiraho ibihangano (Content Creators) .

Abinyujije kuri konti ya Twitter akunze kunyuzaho ibitekerezo Elon yavuze ko uretse kuba uru rubuga rujyiye kujya rwishyura abakora ibihangano runaka, haziyongera ingano y’amagambo umuntu yari yemereye gutangaza.

Twitter yinjiye mu murongo wo kwishyura abashyiraho ibihangano usanzwemo imbuga nka YouTube na Facebook ibitangiye vuba. Akaba ari amakuru meza ku bantu bakunze gukoresha uru rubuga .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo:abana bo mucyaro bashimishije benshi kubera indirimbo y’urukundo baririmbiye hamwe

Lionel Messi akeneye amasengesho y’abakunzi be kuko ubwoba ni bwinshi ko ashobora kudakina igikombe k’isi cye cya nyuma