in

Hafi ku rwanira ku mbuga nkoranyambaga: Imodoka idasanzwe ya Kigali Boss Babies yatumye abantu baterana amagambo mu buryo budasanzwe (Amashusho)

Abakobwa bagize itsinda rya Kigali Boss Babies bakomeje kuvugisha benshi bitewe n’amafaranga bafite gusa imodoka idasanzwe baguze yo yarikoze ku mbuga nkoranyambaga.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Instagram na The Cat Babalao yagaragaje imodoka nziza cyane yavugaga ko ari Brabus ndetse akemeza ko ntaho ihuriye niya Bruce Melodie ahubwo akwiriye kuvana amabati mu nzira.

Akimara kuvuga ko aya magambo abantu batangiye kuyavuga bitewe n’uburyo akomeje gusebya uyu muhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda.

Amashusho y’imodoka:

Bimwe mu byo abantu bagiye bavuga nyuma y’uko atatse cyane iyi modoka yarangiza agasebya iya Bruce Melodie:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akora ibintu bye yicecekeye: King James yatunguye abakunzi be abaha ibyo bari banyotewe https://wp.me/p7ovfz-WK9

Dore impanvu nyamukuru zituma abagabo bamwe na bamwe banga abagore