in

Habimana Kayitsinga wo mujyi wa Kigali agize imyaka 60 akiri imanzi kubera kubyimba ubugabo

Habimana Kayitsinga wo mujyi wa Kigali agize imyaka 60 akiri imanzi kubera kubyimba ubugabo.

Aganira na BTN, uyu musaza avuga ko atigeze ashaka umugore kubera ikibazo cyo kubyimba ubugabo.

Avuga ko ari ikibazo amaranye igihe kuko ngo nta kintu akibasha kwikorera we ubwe.

Agaragaza ko kubera kubyimba ubugabo ko atashobora kunama kubera icyo kibazo.

Asaba ubufasha bwo kujya kwivuza aho yagiye kwivuza CHUK bakamuca amafaranga akayabura bigatuma areka kwivuza.

Avuga ko akize akabasha kwikorera yabasha no gushaka umugore.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Sinzongera kuvuga ko Bruce Melodie atize” Fatakumavuta yumvise indimi zose Bruce Melodie avuga ahita yemera nyuma y’igihe amwita inkandagira bitabo

Zari inoti za 5000FRW gusa! Titi Brown ubwo yari yasokeye mu kabari, yahahuriye n’umukire w’umujejetafaranga maze amuha inoti zitukura kugeza ubwo Titi yumirwa – VIDEWO