in

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange igonze umugore wirukaga ahunga umugabo we wari kumukubita

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange igonze umugore wirukaga ahunga umugabo we wari kumukubita.

Ahagana 19h40 kuri uyu wa Kabiri, imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange igongeye umugore mu Rwabuye mu karere ka Huye ahita apfa.

Bamwe mu babibonye bavuga ko uwo mugore yambutse umuhanda ahunga umugabo bakimbiranaga, agwa muri iyo modoka yaturukaga i Kigali ihita imugonga agwa aho.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje! Kayonza abantu 4 bagwiriwe n’urusenngero rwa ADEPR

Kigali murabe maso abajura dore abajura bavuye kuminuza! Mike Karangwa aratabaza ndetse anaburira abaturage bagenzi be nyuma yo kwibwa yiryamiye