in

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange (Coaster) ihitanye abantu batunu abandi ni indembe

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange (Coaster) ihitanye abantu batunu abandi ni indembe.

Impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa CoasterCoaster Muri Tanzania ahitwa Mikumi yapfiriyemo abantu batanu abandi 15 barakomereka.

Iyo mpanuka yabaye mu masaha ya mu gitondo, abapfuye n’abakomeretse bose bahise bajyanwa ku bitaro bya Mtakatifu Kizito biri aho Mikumi, Kilosa.

Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Morogoro, Alex Mkama, yabwiye ikinyamakuru Mwananchi ko bacyumva iby’iyo mpanuka bahise bajya aho yabereye, ariko bakaba bavuganye mbere yo kuhagera.

Umwe mu bapolisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda utavuzwe amazina kuko atari umuvugizi wa Polisi, yavuze ko bageze aho impanuka yabereye, bahise batangira ibikorwa by’ubutabazi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mujye mwibuka ko afite abana kandi abana n’umugabo: Gloria Mukamabano yeretse abakunzi be ibintu byatumye batangira kumutera imitoma birengagije ko ari mama w’abana -AMAFOTO

Mu gahinda kenshi, Moses wihinduriye igitsina akigira umugore ku byangombwa, yandikiye urukiko arutera impuhwe