in

Habaye impanuka ikomeye aho imodoka yahirimye ku mukingo ikagwa ku Bitaro by’Umurenge (AMAFOTO)

Habaye impanuka ikomeye aho imodoka yahirimye ku mukingo ikagwa ku Bitaro by’Umurenge.

Mu bitaro bya Murunda habereye impanuka aho imodoka yarigiye ku Bitaro bya kibuye yarenze umuhanda igahubuka ku mukingo ikagonga inzu y’Ibitaro.

Ibi byabaye kuri iki cyumweru turi gusoza bibera mu Karere Ka Rutsiro mu Murenge wa Murunda.

Amakuru avuga ko umushoferi waruyitwaye yahise ajyanwa  I Kigali kwitabwaho.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kirehe: Umuforomo yatawe muri yombi azira gufata ku ngufu umubyeyi utwite wari waje amugana

Bayitsinze nk’idahari! Ikipe y’abanyamakuru b’imikino mu Rwanda ‘AJSPOR FC’ yihanije iy’abashinwa iyinyagira imvura y’ibitego – AMAFOTO