in

Haaland ari gushinjwa kwitura inabi ikipe ya mureze ubu ku mugoroba hategerejwe niba ari bwangere ku bikora

Kuri uyu munsi rya rushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo yo kumugabane w’iburayi rirakomeza ni ijoro abenshi bita iry’imikino aho abagore baharira telecomande abagabo babo ubundi bakihera ijisho imikino y’amakipe bakunda y’iburayi.

Kuri uyu munsi umukino utegerejwe ni urahuza ikipe ya Manchester City ya Haaland ndetse n’ikipe yavuyemo ya Brussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage, uraba ari imukino wo kwishyura urabera mu budage.

Umukino ubanza wabereye mu Bwongereza Manchester city ibifashijwemo na yantare yabo Haaland yatsinze ikipe yahozemo kuko niwe waje ushyiramo igitego cy’itsinzi ku munota wa 84 kuko byari bigiye kurangiza banganya kimwe ku kindi ariko Haaland ntiyabakundira.

Uyu musore utegerejwe muri uyu mukino amaze gutsinda ibitego 17 mu mikino 11 ya shampiyona y’Ubwongereza, mu gihe imikino 67 yakiniye ikipe agiyebguhura nayo mbere y’uko aza mu ikipe ya Man City yayitsindiye ibitego 62 mu marusanwa yose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Reka ineza yawe ikore ku buzima bwanjye”mu magambo y’urukundo ndetse no gushima umugore wa Byiringiro Lague amwifurije isabukuru nziza y’amavuko.

Casimiro wa Manchester United ibyishimo ni byose nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu Bwongereza