in

Gutwara igikombe cy’Isi byatumye ahindura imipangu ye! Lionel Messi yatangaje ukuntu yisubiyeho ku mwanzuro yafashe nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi

Mbere y’uko igikombe Cy’Isi cya 2022 cyabereye muri Qatar gitangira, hari amakuru yavugaga ko Kizigenza Lionel Messi yari yavuze ko aricyo cya nyuma azakina kuko yatangaje ko nigisoza azahita asezera mu ikipe y’igihugu ya Argentina.

Gusa ariko nyuma y’uko afashije igihugu cye kwegukana iki gikombe, yahise yisubiyeho maze avuga ko atazayivamo.

Yagize ati “Iyo tutegukana igikombe cy’Isi, ntabwo narikuba nkibarizwa mu ikipe y’igihugu. Ubu sinayivamo.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore usenga Imana itari Bayali! Amashusho y’umusore wigaruriye umutima w’umukobwa w’ikizungerezi ari gutitiza imbuga nkoranyambaga – VIDEWO

Rusizi habaye impanuka: Umushoferi wa Kompanyi imwe itwara abantu hano mu Rwanda yaparitse imodoka ashiduka yitwaye igwa mu mpanga ijyana n’abari ba yirimo