in

Gutandukana kwa Junior Giti n’umuhanzi yazamuye Chris Eazy byari byabaye kimomo hanze aha, hasohotse ibindi bishya abantu batari bazi

Gutandukana kwa Junior Giti n’umuhanzi yazamuye Chris Eazy byari byabaye kimomo hanze aha, hasohotse ibindi bishya abantu batari bazi.

Mu minsi yashize nibwo havuzwe amakuru ko umuhanzi Chriss Eazy n’usanzwe amufasha mu bikorwa bya muzika, Junior Giti; baba baratandukanye.

Nyuma y’ayo makuru yo gutandukana, Chris Eazy yabihakanye yivuye inyuma mu kiganiro na RADIOTV10.

Chriss Eazy avuga ko ibyo abavuga ibyo gutandukana kwe na Juniro Giti bombi, babiheraga ku kuba Junior yari amaze iminsi atagaragara mu bikorwa bye by’umwihariko mu bitaramo kandi mbere yaramuherekezaga muri byose

Akomeza avuga ko Junior Giti amaze iminsi atamuherekeza mu bitaramo.

Impamvu atamuherekeje ni uko umubyeyi we amaze iminsi arwaye, ku buryo byabaye ngombwa ko ajya kumwitaho.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu bintu byose ukora ntuzibagirwe gushimira Imana: Amashusho y’umuntu unanutse bidasanzwe yatuma ugarukira Rurema (Video)

Imana imwakire mubayo: Umupadiri wari akuze kurusha abandi bose yitabye Imana