in

Gusaza ni mu mutwe! Igisubizo cy’umusilimu Cristiano Ronaldo wabajijwe niba azakina igikombe cy’isi cya 2026

Cristiano Ronaldo ufatiye runini ikipe y’igihugu cye cya Portugal iherutse gusezererwa muri EURO2024, yatangaje ko azagaragara mu mikino y’igikombe cy’Isi cya 2026.

Ubwo yabazwaga n’umunyamakuru niba azakina igikombe cy’isi gitaha, Cristiano Ronaldo yagize ati “Ndatekereza ko nzaba ndikumwe na Portugal mu gikombe cy’Isi cya 2026.”

Ronaldo w’imyaka 39 y’amavuko, ntacyo atafashije igihugu cye usibye kugihesha igikombe cy’isi, doreko mugenzi we bahora bahanganye, Lionel Messi we yahesheje Argentine igikombe cy’isi cya 2022 ndetse ubu akaba ageze muri 1/2 cya Copa America.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gitego Arthur uri muri ba rutahizamu beza ikipe y’igihugu Amavubi ifite, agiye kwerekeza muri Israel

APR FC yerekeje ku kibuga cy’indege i Kanombe aho igiye gufata indege yerekeza muri Tanzania – AMAFOTO