in

Gusa usigaye urya neza! Pattyno yagaragaye ari kumwe n’abakobwa b’ibizungerezi(AMAFOTO)

Umukinnyi wa filimi z’urwenya Shema Patrick wamamaye nka Pattyno, yavugishije abatari bake nyuma yo kugarara ari kumwe n’abakobwa b’ibizungerezi.

Ni amafoto yasangije abamukurikira, gusa abamenyesha ko abo bakobwa ari abo asanzwe akinisha muri filime yise Mi Amor yanabateguje ko igiye gusoka vuba.

Bamwe mu bamukurikira, aya mafoto bayakiranye ubwuzu bamubwira ko bakumbuye iyo filime, ariko hari abandi bo bavugaga ko afite abakobwa beza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yandikiwe igitabo cy’amateka akiri mu kibuga

Alyn Sano yagaragaje ubuhanga budasanzwe mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction abantu bose baratungurwa