in

Grand P yagaragaye ari mu mikino y’urukundo n’umukunzi we w’imiterere idasanzwe byavuzwe ko batandukanye (Amafoto)

Umuhanzi Grand P w’imyaka 32 yagaragaye ari kumwe n’umukunzi we byavuzwe ko bari baratandukanye kubera ibyo batumvikanagaho.

Mu minsi yashize nibwo inkuru y’itandukana rya Grand P na Eudoxie yabaye kimomo ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye ndetse no mu binyamakuru.

Nyuma y’izo nkuru zavugaga itandukana ry’aba bombi, Grand P na Eudoxie bagaragaye ku nkengero z’ikiyaga bari gukina ibyabakundana.

Kuri ubu hari kwibazwa niba Grand P yaba yasubiranye na Eudoxie cyangwa kwaba ari ugutwika kwa bamwe bateye.

Urukundo rw’aba bombi ni rumwe mu rwavuzweho cyane kubera ukuntu Grand P arutwa cyana na Eudoxie kuko P ni muto cyane mu gihe Eudoxie afite imiterere idasanzwe.

Amafoto:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuhanga bw’umukinnyi ukomeye wa Rayon Sports bwatangariwe n’umutoza wa Singida Big Stars FC

Umunkinnyi ukomeye wa Rayon Sports wahamagawe mu ikipe y’igihugu yiyemereye ko nta rwego arageraho rwafasha Amavubi kugera kure