in

NDASETSENDASETSE

Grand P na wa mukobwa w’ikizungerezi bakoze agashya.

Iyi couple y’umuhanzi ufite ubumuga bwo kuba ari mugufi cyane,  Grand P wo muri Cote d’Ivoire n’inkumi ibyibushye cyane yo muri Guinea, ikunze gutangaza benshi.

Mu minsi ýashize nibwo byari byayangajwe ko bamaze gutandukana ariko nyuma barongera bariyunga.Nyuma yaho byavuzwe ko uyu mukobwa witwa Eudoxie Yao yaje kwicarira uyu Grand P kubera ibiro bye byinshi, ajyanwa kwa muganga yavunitse.

kuri iyi nshuro Uyu mukobwa  Yabakundana yakoze agashya maze aheka uyu musore ,ibintu byatangaje cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga bavuga ko yamuhetse nkumwana mu mugongo akaburiramo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje y’umukobwa wamaze imyaka 9 aryamana na Se||ibyamubayeho nyuma si iby’i Rwanda

Umugore yasabye gatanya kubera umugabo we utera akabariro iminota ibiri.