in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Inkuru ibabaje y’umukobwa wamaze imyaka 9 aryamana na Se||ibyamubayeho nyuma si iby’i Rwanda

beauty girl cry

Uyu mukobwa utatangajwe amazina ukomoka muri Afurika y’Epfo bivugwa ko yaba afite ikibazo cyo mu mutwe nyuma yo kumara imyaka isaga 9 aryamana na se umubyara ibyamubayeho nyuma ni uko byaramunaniye kubihagarika akaba yarabaswe n’ingeso y’ubusambanyi.

Uyu mukobwa w’imyaka 21 ngo yaba yarasambanijwe na se w’imyaka 52 kuva akiri muto, igihe cyose yazaga kumusura.Ibinyamakuru binyuranye bivuga ko umukobwa na se batangiye gukora imibonano mpuzabitsina afite imyaka 12 gusa ari nabyo byamukuriye ikibazo cyo kuba imbata y’ubusambanyi.

Bitewe nuko iyo imibonano mpuzabitsina yakomeje mu myaka 9 ishize, umukobwa yamaze gusama inda ayitewe na se.Amaze kubona ko atwite, uyu mukobwae bivugwa yerekanye undi mugabo nka se w’umwana we, ariko nyuma byaje kugaragara ko se umbubyara ariwe wamuteye inda.

Nonhlanhla Khoza wo muri KZN MEC ishinzwe iterambere ry’imibereho, yahamagariye polisi gukora iperereza no gushinja se icyaha cyo gusambanya ku gahato dore ko yatangiye kuryamana n’umukobwa we akiri muto.

Hagati aho, itsinda ry’abakozi bashinzwe imibereho myiza ryahawe inshingano zo gukora iperereza kuri iki kibazo.Kuva umukobwa yanga guhagarika imibonano mpuzabitsina na se, bivugwa ko byateje amakimbirane mu muryango, abashinzwe imibereho myiza y’abaturage nabo bagiye gutanga inama ku mukobwa n’umuryango we.

Ati: “Ikipe yacu y’abakozi bashinzwe imibereho myiza y’abaturage nayo izagirana ibiganiro n’umukobwa kandi imufashe mu bibazo byo mu mutwe yaba afite”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urashaka guhitamo umukunzi muzabana akaramata?ibi byagufasha.

Grand P na wa mukobwa w’ikizungerezi bakoze agashya.